
Abiyitirira ubucikacumu nibo bataka cyane ninabo bica abacikacumu!
Hari bamwe mubo twita abacikacumu kandi ataribo. Aba nibo badushinze amacumu. Birirwa bazenguruka bagereka ubwicanyi ku bahutu. Abo bicanyi nibo bavugira abacikacumu. Nibo barira cyane kurushaho. Abacikacumu kandi ntacyo babikoraho! Mbese ubucikacumu ni nka ya […]